Kayonza: Ikigo cy’urubyiruko kizajya gisanga urubyiruko aho ruri kugira ngo...
Tweet Umuhuzabikorwa w’ikigo cy’urubyiruko cya Kayonza (Kayonza Youth Friendly Center), Mwiseneza Jean Claude, avuga ko abakozi b’icyo kigo bagiye kujya basanga urubyiruko aho ruri mu midugudu kugira...
View ArticleRutsiro : Barasabwa kwirinda umuco wo guharika mu rwego rwo gukumira ubwandu...
Tweet Abaturage bo mu murenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro barasabwa guca ukubiri n’umuco wo guharika ukunze kugaragara muri ako gace kuko bituma uwanduye virusi itera SIDA, akabonana n’abantu...
View ArticleKamonyi: Bibuze ku rutonde rw’abarihirwa bibaviramo kutitabira Mutuweli
TweetBamwe mu baturage bataratanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza bo mu murenge wa Nyamiyaga, batangaza ko nta mikoro bafite bakuramo amafaranga yo kuriha Mutuweli. Ngo no mu mwaka ushize barihiwe...
View ArticleGatsibo: Imiti yabaye mikeya kuri za Poste de Sante
Tweet Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bahangayikishijwe no kubura imiti ku mavuriro y’abaturage yunganira ibigo nderabuzima (Poste de Sante), kubera ibura ry’imiti. Abaturage barasaba gufashwa kubona...
View ArticleNgoma: Ibitaro bikuru bya Kibungo bibangamiwe cyane n’ivumbi
Tweet Ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Kibungo biravuga ko ivumbi rituruka mu muhanda uhegereye ribangamiye imikorere na service nziza zo muri ibi bitaro ,bukaba busaba ko harebwa uburyo icyo kibazo...
View ArticleAbabyeyi babangamiwe kubyimba inda kw’abana kubera amazi mabi
Tweet Umwe mu bana ufite ikibazo cyo kubyimba inda Ababyeyi bo mu Murenge wa Musenyi mu Karere Bugesera, baratangaza ko bahangayikishiwe n’abana babo bakomeje kubyimba inda bitewe no kunywa amazi...
View ArticleKamonyi: Nyuma y’amezi atandatu, abarwayi ba Malariya bavuye kuri 4% bagera...
Tweet Umwaka wa 2012 warangiye abarwaye Malariya bari kuri 4% by’abivurije ku kigo nderabuzima cya Musambira. Kuva muri Mutarama kugera muri Kamena 2013, uwo mubare wariyongere ku buryo kuri ubu ugeze...
View ArticleNyamagabe: Urubyiruko rurashishikarizwa kumenya indwara ya kanseri n’uburyo...
Tweet Kuri uyu wa kane tariki ya 29/08/2013, minisiteri ya siporo n’umuco ifatanyije n’isomero rikuru ry’igihugu, inama nkuru y’abaforomo n’ababyaza ndetse na Ambasade ya leta zunze ubumwe za Amerika...
View ArticleNyabihu people to participate by 100percent in Mutuelle de santé
TweetNyabihu district residents are being called upon to start participating in the new economic year by paying their Mutuelle de santé medical insurance contributions. “Having a medical insurance is...
View ArticleRulindo: haracyari bamwe bafite imyunvire iri hasi ku ndwara ya maraliya.
Tweet Bamwe mu bajyanama b’ubuzima mu karere ka Rulindo bavuga ko hakiri abaturage bo muri aka karere badasobanukiwe neza n’ibijyanye n’indwara ya malariya. uburyo ifata ,uko yakwirindwa kimwe...
View ArticleImpyiko zifatiranywe kare zirakira, ariko iyo zageze kure zivuza uwifite
Tweet Uburwayi bw’impyiko ni bumwe mu burwayi buhitana abantu batari bakeya ku isi. Ubu burwayi ntibwandura. Ngo iyo umuntu yivuje hakiri kare, bitaragera kure, ashobora gukira. Ariko iyo yamaze kugera...
View ArticleBurera: Abaturiye ishyamba ry’ibirunga bitabira serivisi z’ubuvuzi ngo ni mbarwa
TweetAbaturage bo mu karere ka Burera cyane cyane abaturiye ishyamba ry’ikirunga cya Muhabura, mu murenge wa Cyanika, batungwa agatoki ku kuba batitabira gahunda z’ubuvuzi zitandukanye kandi aho batuye...
View ArticleNgororero: Biyemeje ko gutanga imisanzu ya MUSA y’uyu mwaka birangirana na Nzeri
TweetNyuma y’isuzuma ryakozwe kuwa 23 Nzeri 2014 rirebana n’uko imirenge ihagaze mu kwitabira ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), ubuyobozi bw’akarere, imirenge n’inzego z’ubuzima biyemeje ko...
View ArticleCyanika: Bahawe ubufasha bwo kugura ibyuma byo gucukura imisarani
Tweet Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyanika butangaza ko Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) ryabahaye ubufasha bw’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 200 yo kugura ibyuma byo gufasha...
View ArticleKirehe: Abafite uburwayi bwo mu mutwe barinubira ihohoterwa bagirirwa
TweetMuhayemariya Agnes utuye mu kagari ka Rwanyamuhanga mu murenge wa Mushikiri akarere ka Kirehe avuga ko mu burwayi bwe bwo mu mutwe yahuye n’ibibazo byo guhohoterwa akubitwa n’umuhisi n’umugenzi...
View ArticleNgoma: Indwara z’imirire mibi ndetse n’amavunja biterwa n’amakimbirane mu ngo
Tweet Mu gihe abantu benshi bakunda kwibaza impamvu akarere ka Ngoma ndetse n’ibindi bice byo mu ntara y’Iburasirazuba hakunda kugaragara ababyeyi barwaza indwara z’imirire mibi ndetse n’amavunja kandi...
View ArticleRubavua: Nubwo haboneka ibiribwa ntibibuza ko haba ibibazo by’imirire mibi
Tweet Muri rubavu Abana 40 nibo bagaragaweho n’ indwara zikomoka ku mirire mibi. umuyobozi w’ibitaro bya Gisenyi Maj.Dr Kanyenkore Williams avuga ko mu karere ka Rubavu hatabuze ibyo kurya birimo...
View ArticleGisagara: Bizeye ko imirire mibi izacika burundu
Tweet Mu karere ka Gisagara abagore barahamya ko imirire mibi igiye gucika burundu bivuye ku nyigisho bahererwa mu tugoroba tw’ababyeyi ndetse no mu gikoni cy’umudugudu. Nk’uko akarere ka Gisagara ari...
View ArticleKibeho: Ikibazo cy’ubwiherero mu mudugudu wa Uwintobo ni ingorabahizi
Tweet Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Uwintobo akagari ka Mubuga mu murenge wa Kibeho ho mu karere ka Nyaruguru baratangaza ko babangamiwe no kutagira ubwiherero buhagije muri uyu mudugudu. Umudugudu wa...
View ArticleGisagara: Uturima tw’igikoni twagabanyije imirire mibi
Tweet Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Mukindo mu karere ka Gisagara baratangaza ko guhinga imboga ku turima tw’igikoni ndetse bakanigishwa uburyo bwo gutunganya indyo yuzuye, byatumye ikibazo...
View Article