Gatsibo: Impfu z’abana bapfaga bavuka n’abagore bapfaga babyara zaragabanutse
TweetHashize ibyumweru bibiri mu bitaro bya Kiziguro havukiye abana b’impanga bane Bamwe mu babyeyi babyarira mu bitaro bya kiziguro biherereye mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko impfu z’abana n’abagore...
View ArticleRusizi: Ababyeyi batuye ikibaya cya Bugarama bahangayikishijwe n’abana...
Tweet Ababyeyi bo mu mirenge ituriye ikibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’abana b’abakobwa batwara inda zitufujwe bakiri bato aho ngo kimaze gufata...
View ArticleNyabihu: Guverineri Mukandasira yasabye abaturage kugira isuku nka kimwe mu...
TweetNyirahabimana avuga ko ngo ubu bagerageza kwita ku isuku mu ngo no ku bana kandi bagiye kurushaho kuyitaho Ubwo yari mu murenge wa Rugeramu karere ka Nyabihu mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga 2015,...
View ArticleRuhango: Abakorera mu isoko babangamiwe no kutagira ubwiherero
Tweet Abacururiza mu isoko rya Ntenyo mu murenge wa Byimana, akarere ka Ruhango, bafite ikibazo cyo kutagira ubwiherero. Abarikoreramo bakuavuga ko bibabangamira cyane, kuko igihe umuntu ashatse...
View ArticleBugesera: Barasabwa kutitwazwa ikibazo cy’amazi ngo bagire umwanda
Tweet Berekanye ingamba zafashwe mu kwimakaza isuku Abasenateri barasaba abanyabugesera kutagira ikibazo cy’amazi yabaye make urwitwazo ngo bagire isuku nke haba mu rugo ndetse no kumibiri yabo. Ibi...
View ArticleNyanza: Njyanama y’Akarere isanga ikibazo cya Mitiweri cyarayibereye ingutu
Tweet Njyanama y’Akarere ka Nyanza iratangaza ko hafi mu myaka itanu imaze itowe byinshi byagezweho ariko ikibazo cya Mitiweri kikayibera ingutu. Ir Kambanda Rucweri Hormisdas, umuyobozi w’inama...
View ArticleRutsiro: Batewe ipfunwe n’abo bigana batwaye inda zidateganyijwe.
Tweet Abakobwa biga mu rwunge rw’amashuri rwa Mutagatifu Marie Reine mu karere ka Rutsiro ngo batewe isoni n’abatwaye inda zidateganyijwe. Barabitangaza mu gihe iri shuri ry’imyaka 12 y’uburezi...
View ArticleRusizi: Abarwayi bo mu mutwe ku isonga mubahungabanya umutekano
Tweet Inzego z’umutekano mu karere ka Rusizi ziravuga ko abarwayi bo mu mutwe bakomeje kuba imbogamizi mu guhungabanya umutekano w’abaturage. Ibi bivugwa n’umuyobozi wa Police mu karere ka Rusizi...
View ArticleNyamasheke: Bavoma umugezi nyuma yo gucika k’umuyoboro w’amazi
Tweet Abaturage bo mu mudugudu wa Kagarama bavuga ko bamaze imyaka 3 bavoma uruzi rwa karundura kuko umuyoboro wabahaga amazi meza wacitse. Aba baturage bo mu kagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo,...
View ArticleAbayobozi barasabwa kurushaho gushishikariza abaturage kwitabira mitiweli
TweetUmuyobozi w’intara yasabye abayobozi kugira ikibazo cya mutuweri icyabo Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Madame Mukandasira Caritas ashishikariza inzego zose z’ubuyobozi muri iyi...
View ArticleAkarere ka Rubavu kugarijwe no kutageza igipimo cy’ubwisungane
TweetHari umubare munini w’abatarishyura ubwisungane Akarere ka Rubavu kari mu ihurizo ryo kugeza ku gipimo cya 80% cy’abaturage batanze ubwisungane mu kwivuza mu mpera z’Ukuboza. Mu nama yahuje...
View ArticleNyabihu: Abahungabanye bitewe n’ibiza bazajya bafashwa mu bujyanama
TweetMIDIMAR yashyizeho uburyo abazajya bahungabana kubera ibiza n’ingaruka zabyo bazajya bafashwa mu bujyanama no kubaba hafi. Ni nyuma y’uko mu Rwanda byagaragaye ko hashobora kuba iki kizabo...
View ArticleNyabihu: Guverineri Mukandasira yasabye abaturage kugira isuku nka kimwe mu...
TweetNyirahabimana avuga ko ngo ubu bagerageza kwita ku isuku mu ngo no ku bana kandi bagiye kurushaho kuyitaho Ubwo yari mu murenge wa Rugeramu karere ka Nyabihu mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga 2015,...
View ArticleRuhango: Abakorera mu isoko babangamiwe no kutagira ubwiherero
Tweet Abacururiza mu isoko rya Ntenyo mu murenge wa Byimana, akarere ka Ruhango, bafite ikibazo cyo kutagira ubwiherero. Abarikoreramo bakuavuga ko bibabangamira cyane, kuko igihe umuntu ashatse...
View ArticleBugesera: Barasabwa kutitwazwa ikibazo cy’amazi ngo bagire umwanda
Tweet Berekanye ingamba zafashwe mu kwimakaza isuku Abasenateri barasaba abanyabugesera kutagira ikibazo cy’amazi yabaye make urwitwazo ngo bagire isuku nke haba mu rugo ndetse no kumibiri yabo. Ibi...
View ArticleNyanza: Njyanama y’Akarere isanga ikibazo cya Mitiweri cyarayibereye ingutu
Tweet Njyanama y’Akarere ka Nyanza iratangaza ko hafi mu myaka itanu imaze itowe byinshi byagezweho ariko ikibazo cya Mitiweri kikayibera ingutu. Ir Kambanda Rucweri Hormisdas, umuyobozi w’inama...
View ArticleRutsiro: Batewe ipfunwe n’abo bigana batwaye inda zidateganyijwe.
Tweet Abakobwa biga mu rwunge rw’amashuri rwa Mutagatifu Marie Reine mu karere ka Rutsiro ngo batewe isoni n’abatwaye inda zidateganyijwe. Barabitangaza mu gihe iri shuri ry’imyaka 12 y’uburezi...
View ArticleRusizi: Abarwayi bo mu mutwe ku isonga mubahungabanya umutekano
Tweet Inzego z’umutekano mu karere ka Rusizi ziravuga ko abarwayi bo mu mutwe bakomeje kuba imbogamizi mu guhungabanya umutekano w’abaturage. Ibi bivugwa n’umuyobozi wa Police mu karere ka Rusizi...
View ArticleNyamasheke: Bavoma umugezi nyuma yo gucika k’umuyoboro w’amazi
Tweet Abaturage bo mu mudugudu wa Kagarama bavuga ko bamaze imyaka 3 bavoma uruzi rwa karundura kuko umuyoboro wabahaga amazi meza wacitse. Aba baturage bo mu kagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo,...
View ArticleAbayobozi barasabwa kurushaho gushishikariza abaturage kwitabira mitiweli
TweetUmuyobozi w’intara yasabye abayobozi kugira ikibazo cya mutuweri icyabo Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Madame Mukandasira Caritas ashishikariza inzego zose z’ubuyobozi muri iyi...
View Article